Ikibazo
cy’abantu ibihumbagiza bari kuborera muri za gereza kandi barengana, cyari
gitumye ministre Fazil Harelimana ufite amagereza mu nshingano ze na ministre
w’ubutabera Johnston Busingye bafatana mu mashati, kubera ubwumvikane buke
k’umuntu ugomba kubazwa impamvu hari abantu barengana bamaze imyaka muri
zagereza, ariko ntibafungurwe.
Johnston Busingye, ministre w’ubutabera
Nimwiyumvire uko bateranye amagambo
mu majwi dukesha Radio Ijwi ry’Amerika:
20 février 2015
Ubutabera