Iperereza ku ihanurwa ry段ndege ya Perezida Habyalimana ryahagaritswe burundu! Yanditswe na Marc Matabaro

 

Amakuru agera kuri The Rwandan kuri uyu mugoroba wo ku wa mbere tariki ya 24 Ukuboza 2018 aravuga ko iperereza kw段hanurwa ry段ndege ya Perezida Habyalimana ryahagaritswe burundu!

Abacamanza 2 b誕bafaransa bari bashinzwe gukurikirana dosiye y段hanurwa ry段ndege ya Perezida Habyalimana bafashe icyemezo cyo gufunga burundu iyo dosiye kuri uyu wa gatanu tariki ya 21 Ukuboza 2018, bahagarika burundu ikurikiranwa ry誕bo muri FPR bagera ku 8 bari mu bashinjwaga kugira uruhare mu ihanurwa ry段ndege ya Perezida Habyalimana ku wa 6 Mata 1994.

Nyuma y段myaka irenga 10 abacamanza bashinzwe iby段terabwoba mu Bufaransa bafunguye iyo dosiye, abacamanza Jean-Marc Herbaut na Nathalie Poux bafashe icyo cyemezo nyuma y誕ho ubushinjacyaha bwari bwabisabye tariki ya 10 Ukwakira 2018.

Birumvikana ko Leta y置 Rwanda yishimiye icyo cyemezo, mu Ijwi rya Ministre w置bubanyi n誕mahanga n置butwererane, Dr Richard Sezibera, Leta y置 Rwanda yavuze ko amaperereza ku ihanurwa ry段ndege ya Perezida Habyalimana bwari uburyo bwo kubangamira ubutabera mu gukurikirana abagize uruhare muri Genocide.