KIGALI: NONEHO ABANTU NIBO BIBASIWE N棚NKONGI. UMUSORE AMAZE GUSHYA ARAKONGOKA!

29 juillet 2014

Amakuru

Mu kanya nka saa yine n段gice umusore w段myaka 20 mu karere ka Nyarugenge ahazwi nka Peage yafashwe n段nkongi y置muriro arimo yigendera mu muhanda.
Iyi n'imyenda yari yambaye yakongotse.

Iyi n段myenda yari yambaye yakongotse.

Nkuko bitangazwa n置rubuga Menyanibi, ngo abari aho byababereye amayobera batangira kwiruka kuko babonaga ibyo bidasanzwe. Icyakora bamwe bagerageje kumuzimya gusa na Polisi iratabara baramuzimya. Akaba yahiye bikomeye icyakora yahise ajyanwa mu bitaro bya Kigali, CHUK. 

peage-86abd

Dore uko uwo musore yagurumanaga

Dore uko uwo musore yagurumanaga

Abantu bari aho nabo bavuga ko batazi uko byagenze, byabayobeye kuko bagiye kubona bakabona ari kwaka. Bakaba bakeka ko yisutseho lisansi cyangwa akaba yafashwe n誕madayimoni. Icyatumye ashya kugeza ubu ntikiramenyekana.

 

Source: Menyanibi.com