Samedi 30 juillet 2011 6 30 /07 /Juil /2011 23:46

Padiri Emile Nsengiyumva yakatiwe igifungo cy置mwaka n段gice

 

Urukiko rukuru mu rugereko rwarwo rwa Rwamagana rwakatiye Padiri Emile Nsengiyumva igihano cy段gifungo cy置mwaka n誕mezi atandatu nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kuvutsa Igihugu umudendezo. Uretse iki gifungo, uyu mupadiri yanaciwe amande y段bihumbi ijana by誕mafaranga y置 Rwanda.

Urubanza rw置yu mupadiri rwasomwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu, ahagana mu ma saa kumi. Ubushinjacyaha bwaregaga Padiri Nsengiyumva ko ku itariki ya 19 na 25 Ukuboza umwaka ushize ngo yangishije abaturage gahunda za Leta, cyane iyo guca Nyakatsi no kuboneza urubyaro.

Arazira kubwira ukuri abaturage bafashweho ingwate na FPR